Serivisi y'Ubuzima mu Karere ka Kicukiro ifasha mw'inshyirwa mu bikorwa ya za gahunda za Leta zijyanye n' Ubuzima, mu Karere ka Kicukiro. Iyi serivisi y’ubuzima ishinzwe guteza imbere ubuvuzi, kuringaniza ibyaro, kwirinda indwara, gukurikirana ubuzima bw’abana n’ababyeyi, imirire ndetse n’ ubwisungane mu kwivuza bw’abaturajye b’ Akarere ka Kicukiro.

Kugeza mu mwaka wa 2017, Akarere ka Kicukiro gafite Ibitaro bya Masaka, Ibigo Nderabuzima 10 biri mu Mirenge 8. Imirenge ya Kigarama na Kagarama nta bigo Nderabuzima ifite ahubwo ifite amavuriro (Health Posts). Amavuriro mato kandi tuyasanga mu Mirenge ya Gatenga na Masaka.

Kanda munsi ubone indandiko z'amakuru k'ubuzima mu Karere ka Kicukiro

Urutonde rwa Health Post

Urutonde rw'Ibigo Nderabuzima

Abakoze b'Ibitaro by'Akarere bya Masaka