Inganda mu Karere ka Kicukiro

Mu Karere ka Kicukiro habarizwamo Inganda 70 zikora ibintu bitandukanye. Izi Nganda zifite uruhare runini mu kuzamura ubukungu bw’Akarere byumwihariko ndetse n’ubukungu bw’Igihugu cy’Urwanda muri rusange.

 Inyandiko ikurikira iragaragaza urutonde rw’Inganda  zibarizwa mu karere ka Kicukiro ndetse na Contacts ushobora kubarizaho amakuru arambuye.